Davido ari mubyishimo bikomeye Nyuma yo guhura Na H.E Paul Kagame
Davido nyuma yo kugera mu Rwanda aho aje gutarama muri African Giant yahuye numukuru w'igihugu H.E Paul Kagame
Umuhanzi wumunya Nigeria Davido nyuma yo kugera mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo cya African Giant Festival yahuye na H.E Paul kagame. bitegenyijwe ko Davido azatarama kuwa 19 Nzeri 2023, ibi bitramo bikaba bimaze iminsi bibera muri BK Arena mumugi wa kigali. Ni nyuma ya Diamond platinumz nabandi bahanzi batandukanye.
Kugicamunsi cyo kuruyu wa gatanu, davido yakiriwe numukuru wigihugu muri Village urugwiro aho yari kumwe na Masai Ujiri washinze umuryango wa African Giant uteza imbere impano mumukino wa Basketball hano muri Africa
Ni kunshuro ya 3 agiye gutaramira hano mu Rwanda kuko yaherukaga hano muri 2018 aho yahaye ibyishimo abanyarwanda kararahava. iji gitaramo nicyo cyizaba kiri gusoza iri serukira muco rwa African Giant Festival.
Davido kandi yahuye na H.E Paul kagame muri 2014.