Amafoto: Bimwe mu bihe wakwibuka byaranze Siporo mu myaka 4 ishize

Mu myaka ine ishize (2017-2021), habayemo ibikorwa bitandukanye mu mukino, ariko FunClub yagerageje kwegeranya amafoto y’ingenzi kurusha andi, yibutsa ibihe bikakaye muri icyo gihe gishize.
Muri iyi myaka ine, habayemo ibikorwa bitandukanye, birimo gutakaza ibikombe byombi (Shampiyona, Igikombe cy’Amahoro) kuri APR FC, kwegukana igikombe cy’Amahoro kuri AS Kigali FC, kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro kuri Kiyovu Sport.
Mu mukino wo gusiganwa ku magare, umwe bakinnyi baserukiraga u Rwanda marushanwa akomeye ahuza abagore, ari we Girubuntu Jeanne d’Arc yaratunguranye ahagarika gukina kubera uburwayi atigeze avuzwa, basaza be barimo Ndayisenga Valens nabo bahagarika gukina mu buryo bwatunguranye bahita berekeza ku mugabane wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Hari n’ibindi bikorwa bitandukanye byabaye muri iyi myaka ine ishize, ariko Thefacts yagerageje kuraranganya amaso ishakamo amafoto y’ibikorwa bihagarariye ibindi muri iyo myaka ine ishize.
Harimo kandi ko, ikipe ya Rayon Sports FC yerekanye abakinnyi izakoresha ndetse abakunzi b’iyi kipe bakitabira icyo gikorwa, harimo kandi Hakizimana Muhadjiri wari wasinyiye ikipe ya Emirates yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ndetse na Bizimana Djihadi wasinyiye Beveren yo mu Bubiligi.
























































