Putin yatumye NATO isuna iva mu ntambara ya Ukraine, Perezida Zelenskyy yahunze

NATO ntiyongera guha intwaro Ukraine mu ntambara n'u Burusiya kuko Volodymyr Zelenskyy yahunze igihugu

Sep 3, 2022 - 20:40
Nov 21, 2022 - 10:30
 1
Putin yatumye NATO  isuna iva mu ntambara ya Ukraine, Perezida  Zelenskyy yahunze

Mu bitero bidasanzwe by’igisirikare cy’uburusiya cyatangije ku butaka bwa Ukraine ku itariki ya 24 Gashyantare 2022 agamije kubuza Ukraine kwinjira muri NATO, gukuraho abanazi bashya bari mu butegetsi bwa Ukraine n'ibindi ubu iminsi irihiritse urugamba rugeze mu mahina,aho buri ruhande rutifuza gutakaza urugamba na rumwe.

Ubu noneho indege n’intwaro za rutura biri kwesuranira mu mugi wa Kherson.Uyu mugi abakomando kabuhariwe babarusiya bamanukira mu mitaka bawucakiye intambara igitangira. Aha kandi ninaho haherereye uruganda rwa Zaporizhzhia karahabutaka mu burayi bwose rwakora intwaro za kilimbuzi aho Ukraine buri munsi iba ishaka kurwigarurira ari ko abakomando ba perizida Vuldmir Putin baba baryamiye amajanja bagasubiza inyuma ibitero bya Ukraine. 

Amakuru agezweho ubu ni uko umuryango  w'abibumbye "UN" wohereje abagenzuzi kuri urwo ruganda rwa Zaporizhzhia kugira ngo bagenzure imikorere y’urwo ruganda kuko baramutse barurasheho byateza ingaruka umugabane wose w’uburaya.

Aha kandi ingabo z'abarusiya zatangaje ko Ukraine iri kurasa kuri urwo ruganda kandi ivuga ko hari abasirikare bari mu birometero 3 uvuye kuri urwo ruganda ba Ukraine.uburusiya kandi buratangaza ko hari abasirikare b'abakomando barenga 60 bagerageje kwigarurira urwo ruganda ari ko bose bakoherezwa ikuzimu. Ibi byose Ukraine irabihakana ahubwo ikavuga ko ari Uburusiya bwateye ibisasu bubishaka .ubu hari gukora igice kimwe cy'uruganda kuko akandi gace kateweho amasasu ariko bidakabije.

Turambuye ku rupapuro rwa 2 kugeza ku rwa 4 mu kinyamakuru cyandika ku ntambara ya Ukraine n'uburusiya "Bomb today" kiratangaza ko Perezida Zelensky yahunze igihugu aguhungira muri poronye atinya ko abasirikare ba Putin bamugwa gitumo ahitamo gukizwa n’amaguru aciye mu nzira yo munsi y’ubutaka. Dukomeje gukurikirana byimbitse iby'irihunga rya Perezida Zelensky 

Aka kanya twandika iyi nkuru NATO iri mu nama I Buruseri mu Bubiligi mu nama karahabutaka yo kureba niba bakomeza guha intwaro Zelensky , ku buryo butunguranye bemeje ko nta zindi ntwaro bongera guha Zelensky kubera yahunze igihugu ikindi giteye ubwoba ni uko abasirikare nabo murare iri hasi ku buryo bagiye kumanika amaboko Putin akabata muri yombi.

Mukanya gato kandi ni bwo Minisitiri w’ingabo muri Ukraine ahamagaye nyakubahwa Perezida Vladimir Putin amuhamagaye amwinginga ngo batange agahenge abaturage ba Kherson basohoke babone gukomeza imirwano. Nyakubahwa Perezida Vladmir Putin yari yaranze kongera gutanga agahenge k’intambara ari ko kuko yapfukamye akamutakambira yemeye kuba bahagaze abaturage bakabanza guhunga. 

Files