Ibyo wamenya kuri Kevine Key wiyemeje kuririmba ibitangaza bya Yesu

Kevine Key yahisemo kuririmba gospel. Yanze gukora umuziki wa secular mu kwirinda ko yahura n’ibishuko. Afite nzozi ashaka kugeraho zirimo guhamya ibitangaza bya Yesu.

Sep 3, 2021 - 13:02
Sep 3, 2021 - 13:06
 0
Ibyo wamenya kuri Kevine Key wiyemeje kuririmba ibitangaza bya Yesu

Mu kiganiro yahaye Thefacts yavuze ko aharanira kuba urwandiko rusomwa na bose kandi aritwararika mu buzima bwa buri munsi. Kevine akunda ijambo ryo muri Bibiliya rigira riti:”Kuko wankunze akaramata nicyo nanjye nzagukiriza nzagushyira hejuru kuko wamenye izina ryanjye ryera”.

Uyu muhanzi ashimira Imana ku bikorwa imushoboza ndetse n’abamuba hafi mu buzima bwa buri munsi. Indirimbo ye nshya avuga ko yayikuye:”Ku runkundo rukomeye naboneye muri Yesu nanibutsa abantu umubabaro ukomeye Yesu Kristo yagize kugirango aducungure, adukize yadukunze tutamuzi kandi twari babi cyane Urukundo rwe ntacyo twarugereranya.”

Kevine Key avuga ko akunda cyane Gaby Kamanzi kandi akaba ashimangira ko aririmba neza.

  Reba hano indirimbo yakoranye na Gaby Kamanzi                                        

Umwanditsi: Baganizi Olivier

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175