Wa mukobwa ufite imiterere y’ikibuno idasanzwe ukundana n’umusore ufite ubugufi bukabije agapima n’ibiro 25,yamuteye inda bigoranye-Amafoto

EUDOXIE YAO umukobwa ufite ubunini bw’ikibuno gitangaza benshi, yatangajeko ari mubyishimo bidasanzwe nyuma yo kumenyako atwite inda y’umugabo basanzwe bakundana.

Apr 5, 2021 - 15:56
 1
Wa mukobwa ufite imiterere y’ikibuno idasanzwe ukundana n’umusore ufite ubugufi bukabije agapima n’ibiro 25,yamuteye inda bigoranye-Amafoto

Eudoxie upima ibiro birenga ijana yamenyekanye cyane ubwo yavugwaga murukundo n’umugabo ufite uburwayi butuma adakuna agahora agaragara nk’umwana, kuburyo ubu apima ibiro 25.

Uyu mukobwa yatangajeko, ubu atwite inda y’uyu mugabo we, Grand P nubwo avugako byagoranye kugirango asame.

Mu kiganiro, Euxodie yagiranye n’ikinyamakuru Conakry Post, yahamijeko atwite inda y’amezi agera muri 4.

Euxodie ubwo bamubazaga kumubano we na Grand P, yagize ati “Ubu ibintu bimeze neza cyane, twamaze kumenyako tugiye kwakira umwana wacu wambere”

Yakomeje agira ati “gusa byari bigoranye cyane, kuko mugihe tumaranye numvaga ko gutwita bidashoboka, twari twaragerageje biranga, nari naramaze kwiheba mvugako Grand P atabyara”

Mu minsi ishize, Euxodie ku mbuga nkoranyambaga ze nabwo yari yemeje aya makuru aho yagize ati “Nibyiza cyane, nibishya, ntwite inda y’umukunzi wanjye Grand P”

Uyu mugabo ufite ubugufi budasanzwe kandi isura ye ikaba imugaragaza nk’umuntu ushaje bivugwako yahuye n’uburwayi bwitwa Progeria, umuntu urwaye iyi ndwara agaragara nkuwagwingiye, imisatsi ye irapfuka,agira umutwe mutoya, urwasaya ruto, izuru ryiziritse, kandi uruhu rwe rugamugaragaza ko ashaje.

Uyu mugabo bivugwako afite uburebure bungana na cm 110 akaba apima ibiro 25 naho umukobwa we apima ibiro birenga ijana.

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175