Zimbabwe nk’ igihugu cyabaye icya mbere cyagaragaje kikanemeza imiti yo kwirinda HIV

Zimbabwe yabaye igihugu cya gatatu mu isi gitangije gahunda yo gutera abaturage urukingo rwa virusi itera Sida [HIV].

Oct 24, 2022 - 17:49
Oct 24, 2022 - 22:06
 0
Zimbabwe nk’ igihugu cyabaye icya mbere cyagaragaje kikanemeza  imiti yo kwirinda HIV

  Yanditwe na: MURAMIRA Racheal

Ishami ry’umuryango ryabibumbye ryita ku buzima  ryishimiye intambwe ikomeye  y’igihugu  kubwo gushyigikira  ikoreshwa rya CABOTRAVIR (CAB-LA) imara igihe kirekire.


Zimbabwe ibaye igihugu cya mbere muri Africa ndetse ikaba n’igihugu cya gatatu ku isi cyemeje imiti igabanya  ubukana bwa virusi itera SIDA   iherutse gusabwa  n’ishami ry'muryango w’ababibumbye ryita  ku Buzima(OMS)
Amabwiriza  yo muri australia na America  yemeje ko bagiye gutanga inkunga yo gukoresha CABOTEGRAVIR  (CAB-LA).
Igihugu cyagaragaje ko  imfu nyinshi   ziterwa na  virus itera SIDA   zagabanutse  ziva  kuri 130.000 mu mwaka wa 2002  zikagera kuri 20.000 muri 2021.


Umwaka ushize hagaragajwe ingamba zo gukura ho iyi virus itera sida ndetse no gufasha ababana nayo kumenya uko biyitaho bakabana nayo ariko ubuzima bwabo bugakomeza kandi neza . mu mwaka wa 2030, niwo mwaka bafashe ngo babe bageze ku ntego bihaye. Mu by'ukuri  batangiye kugera ku ntego bihaye kuko, mirongo icyenda ku ijana (90%) y'ababana n'iyi virusi  bamenye   aho bahagaze n'uburyo bagomba kwitwara. Mu gihe 90% bamenye uburyo bayirinda naho 90% bamenya ko ihari kandi yica.
Gahunda y'ubuzima bwa Zimbabwe ihura n’ibibazo bikabije  mu gihe ubukungu bw’igihugu bwifashe nabi kandi nta muntu muri minisiteri y’ubuzima wabonetse agira icyo atangaza kubuvugizi bushya.


OMS mu itangazo ryayo  yavuze ko kwemeza amabwiriza ari “ intambwe ikomeye” yongeraho ko bizashyigikira zimbabwe “ gutegura no guteza imbere gahunda kugira ngo CAB-LA ishobore gushyirwa mu bikorwa,mu mutekano kandi neza,kugira bigire ingaruka nziza kandi zikomeye.
Uyu muti wongeye kwizerwa ko uzagabanya impfu muri Afurika y’epfo kandi  ukurikiza icyifuzo cya OMS muri Nyakanga. CAB-LA ifite akamaro kanini mu kugabanya kwanduza abantu bafite  ibyago byinshi byo kwanduza virusi itera SIDA.
Nyasha sithole  umwe mu bayobozi bo muri gahunda y'iterambere ry’abakobwa  n’abagore muri Afurika yagize ati “ kugira twihutishe  ubwirinzi bwa virus itera sida ku bagore n’abakobwa  bisabako twaguka mu mahitaho ahari”. Yanakomeje kandi agira ati “ ndishimye kandi nshimira igihugu cyanjye ko cyemeye ikoreshwa rya CAB-LA


Dufite icyifuzo kimwe dusaba . nuko  Amamiriyoni  y'abantu ndetse n'itangwa ry'amakuru meza umunsi ku munsi yatangwa ku gihe kandi abasomyi  bo mu bihugu 180 ku isi, ubu baradushyigikiye ku bukungu, kandi turabishima.Turizera ko buri wese akwiriye kubona amakuru ashingiye ku bumenyi n'ukuri no gusesengura gushinga imizi ndetse n’ubunyangamugayo.


Niyo mpamvu twashyizeho amahitamo atandukanye kugira ngo raporo zacu zifungurwe na bose, tutitaye aho batuye,cyangwa icyo bashoboye kwishyura.ibi bivuze ko abantu benshi bashobora kumenyeshwa  ndetse hakanakorwa ibikorwa bifatika .


Muri ibi bihe umuryango ushakisha ukuri ku isi yose, amakuru y’umurinzi  ni ngombwa
Ntabwo dufite abanyamigabane cyangwa cyangwa  nyiri miriyari , ahubwo itangazamakuru ryacu ridafite ingaruka mu bucuruzi na politiki. Ibi bituma tugaragaza ko hari itandukaniro
Iyo bitaza kuba ari ngombwa,ubwingenge bwacu butwemerera kuba hakorwa iperereza ,guhangana no gushyira ahagaragara abari ku butegetsi.

Yanditswe na Rachel MURAMIRA

Zimbabwe yemeye urukingo rwa HIV.[Net-Photo]
 
 
                              

Danny RUREMA PR at Urban Journalists Association [UJA] ◼️Social Media Manager/Writer & Presenter at The Choice Live / ISIBO TV ◼️MC ◼️News /Entertainment /Content Creator ◼️Voice-Over Commercials Specialist