Reba umuhanzikazi ari kunyara ku mufana ku rubyiniro-Video

Sophia Urista wo muri Rock Band , yanyariye umufana we mu kanwa akiri ku rubyiniro.

Nov 17, 2021 - 09:28
Nov 17, 2021 - 09:29
 0
Reba umuhanzikazi ari kunyara ku mufana ku rubyiniro-Video

Sophia Urista umuririmbyi mukuru mu itsinda rya Rock Band yatunguye abantu bitabiriye iserukiramuco ryitwa Welcome to Rockville muri Leta ya Florida aho ni muri Amerika.

Ubwo yari ku rubyiniro Sophia Urista uzwi mu iitsinda rya Rock Band , yafashwe amashusho amanura imyenda ye maze anyara mu bice bigize isura y’umufana we.

Arimo asubiramo indirimbo yitwa Rage against the Machine , nindi yitwa Waje up , Sophia Urista yatumiye umufana w’umugabo ku rubyiniro ngo bishimane.

Umugabo wasaga n’uwishimye yemeye kurambarara hasi maze Sophi amanura imyenda amusutarara hejuru aramunyarira mu isura udasize no mu kanwa.

Iki gikorwa cyamaze amasegonda 15 maze umugabo wanyariwe arahaguruka zimwe azinyanyagiza mu bafana. Iki gikorwa cyarakaje benshi mu bitabiriye iki gitaramo. Iki gikorwa cyakuruye umujinya ku mbuga nkoranyambaga bituma abategura iki gitaramo bemera gusaba imbabazi rubanda bati “Twari twagize ibihe byiza muri iki gitaramo gusa Sophia we biriya yakoze ni ugutwarwa , kiriya gikorwa ntimuzongera kubibona mu bitaramo byacu “

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175