Yanga yasezeweho bwa nyuma

Abanyarwanda baba muri Afurika y’Epfo basezeye bwa nyuma kuri Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga, witabye Imana ku wa 17 Kanama 2022 azize uburwayi.

Aug 26, 2022 - 16:09
Aug 26, 2022 - 16:10
 0
Yanga yasezeweho bwa nyuma

Abanyarwanda baba muri Afurika y’Epfo basezeye bwa nyuma kuri Nkusi Thomas wamenyekanye nka Yanga, witabye Imana ku wa 17 Kanama 2022 azize uburwayi.

Umuhango wo gusezera Nkusi ku Banyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, wabaye kuri uyu wa 26 Kanama 2022.

Ni umuhango witabiriye n’inshuti z’umuryango wa nyakwigendera zituye muri icyo gihugu, aho yaguye yagiye gusura umugore we uhakorera.

Yanga yasezeweho muri South Africa (

Byitezwe ko umubiri we ugezwa mu Rwanda ku wa 27 Kanama 2022 saa moya za mu gitondo.

Ku Cyumweru tariki 28 Kanama 2022, inshuti n’umuryango wa Yanga bazakora umuhango wo kwizihiza ubuzima bwe, uzabera mu Bugesera aho yari atuye.

Biteganyijwe ko Yanga azashyingurwa ku wa Mbere tariki 29 Kanama 2022.

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175