Imyanzuro! Ubukwe burasubitswe, Kigali ishyirwa muri guma mu karere isaha yo gutaha iba saa moya

Inama idasanzwe y’abaminisitiri yateranye iyobowe na nyakubahwa perezida Paul Kagame ishyiraho zimwe mu ngamba zikarishye zo kwirinda Coronavirus.

Jun 21, 2021 - 20:40
Jun 21, 2021 - 21:10
 0
Imyanzuro! Ubukwe burasubitswe, Kigali ishyirwa muri guma mu karere  isaha yo gutaha iba saa moya
Imyanzuro! Ubukwe burasubitswe, Kigali ishyirwa muri guma mu karere  isaha yo gutaha iba saa moya

Isaha yo gutaha yashyizwe saa moya naho gutangira ingendo bishyirwa saa kumi za mu gitondo.

Ibikorwa byose byemerewe gufunga saa kumi n’ebyiri za nimugoroba kandi izi ngamba zizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera ku itariki 23 Kamena 2021 zongere kuvugururwa nyuma y’ibyumweru bibiri. Ingendo zihuza umujyi wa Kigali n’intara zirabujiwe ndetse izihuza uturere zirabujijiwe.

Iyi myanzuro yemeje ko ibirori by’ubukwe, imihango yo gusaba, ishyingirwa rikorewe mu buyobozi bwa Leta no mu nsengero byasubitswe.

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175