Umugore yafashwe agiye kugurisha abana be b’impanga kugira ngo agure urumogi Ubuzima

Umugore wo muri Afrika y’Epfo yafashwe ari kumwe n’abandi bantu babiri agiye kugurisha abana be b’impanga kugira ngo abone amafaranga yo kugura urumogi

Jun 7, 2021 - 09:11
Jun 7, 2021 - 09:35
 0
Umugore yafashwe agiye kugurisha abana be b’impanga kugira ngo agure urumogi Ubuzima

Uko ari batatu bafunzwe bashinjwa kugerageza kugurisha abo bana babiri b’impinja, nk’uko byanditswe n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu cy’Afrika y’epfo).

Bivugwa ko uyu mugore unywa ibiyobyabwenge,yashakaga kugurisha aba bana kubera "inyota y’ibyo biyobyabwenge", nk’uko bivugwa n’umuvugizi wa polisi y’iki gihugu Yolisa Mgolodela.

Porisi yahise itwara aba bana bari bamaze imisi itanu bavutse ndetse ngo “bari baguye umwumwa bafise n’indwara z’imirire mibi.” Biteganyijwe ko abashinjwa icyo cyaha bagezwa imbere y’urukiko gusobanura kuri icyo cyaha cyo kugurisha abantu.

Peacemaker MBARUBUKEYE-Etienne-Peacemaker is a professional Journalist who holds bachelor degree in Journalism and Communication from University of Rwanda. CEO of Media and Development Consultancy Ltd, this company is specialized in media consulting, training, promoting social media as well as doing research. He was the digital lead at Jobcenter.rw a company of Afrimedia ltd. He worked as a senior journalist at Isango Star (Radio and television), co-chief editor, and documentarist (Isango Sobanukirwa), Program director (Sunday Night show) as well as social media manager. He worked at B&B Fm-Umwezi as journalist and documentarist. He was a content creator at Fine fm and City radio. He worked at Inyarwanda.com/TV. He worked at Empathy Manor Organics (Nigerian company based in Kigali) as an interviewer. He is the Social media content creator. He was director of Sunday Choice Live (The leading entertainment TV weekly show in Rwanda aired at Isibo Tv). He is a House and Roadshow DJ. Since May 2023 he works at Inyarwanda.com /Tv email:filousteven@gmail.com, Tel: 0786126175