Nyabugogo umusore yarongoye indaya kugeza iheze umwuka

Umusore yasambanye n'indaya yari yiguriye bigeza ubwo ihera umwuka imbangukiragutabara ihita imwihutana kwa muganga kugira ngo ubuzima bwe bwitabweho.

Feb 24, 2022 - 12:07
Feb 24, 2022 - 12:32
 0
Nyabugogo umusore yarongoye indaya kugeza  iheze umwuka

Byabaye ahagana saakumi nebyiri zo kuri uyu wagatatu taliki ya 23 aho uyu musore yararyamanye n’inkumi munyubako iherereye Nyabugogo ahazwi nko kwa mutangana muri Lodge zihari

Bagera mucyumba uyu musore cyangwa uyu mugabo wari uryamanye nuyu mukobwa ngo akaza kumuheza umwuka ibyatumye bahamagaza imbangukira gutabara kugirango batabare uyu mukobwa ngo wari utakibasha kwinyagambura bitewe nuyu musore bari baryamanye

Abari aho aya mahano yabereye bavuga ko ari Indaya yigurishaga kuko bari basanzwe bayizi,abageze aho ibi byabereye mucyumba bavuga ko basanze mucyumba ibinini bizwi nka Viagra ndetse n’inzoga bakunda kwita Umusumali aho bahamya ko umugqbo ubinyoye adashobora kurangiza

Uyu musore akibona ibi bibaye yahise yisohokera ariruka abantu ntibabashije gufata isura ye nkuko tubicyesha Btn tv