Umuhanzi tiwa savege yahawe imamya bubumenyi yikirenga
Kaminuza ya Kent, mu Bwongereza yahaye umuhanzi windirimbo za Afrobeats impamyabumenyi y'ikirenga y'icyubahiro muri muzika.
Umuhanzi tiwa savege yahawe imamya bubumenyi yikirenga
kaminuza yo mu Bwongereza ya kente ku ya 5 Nyakanga yatangaje ko ishaka guha icyubahiro bamwe mu barangije, barimo Tiwa Savage, waharangirije akahakura impamyabumenyi mu bucuruzi akaba yashimiwe kubera ibikorwa bye byiza kandi bitera imbaraga mu muziki agenda akora.
Uyu muhanzikazi wegukanye ibihembo yahawe "Dr muri Muzika" na kaminuza abicishije mumafoto yerekanye ibirori , byabereye kuri Katedrali ya Canterbury abinyujijje ku rubuga rwa Twitter.
iyi kaminuza nayo ibinyujije kuri Twitter yashimye ikigikorwa aho bagize bati " Twishimiye cyane kuba twarahaye umwamikazi wa Afrobeats impamyabumenyi y'ikirenga y'icyubahiro muri Katedrali ya Canterbury muri iki gitondo. #MadeInKent #KentGrads, ".
uyumuhanzi kazi numwe mubakomeye mur Afurika aho amaze kugera kuri byinshi mumuziki akaba afite uruhare runini mumuziki wafurika . ibyo amaze kugeraho aharimo arubumu zindirimbo nyinshi yakoze za kunzwe harimo nka red,once up time,celia nizindi nyinshi zakunzwe cyane nabatari bacye.