Hailey Bieber yavuzeko ntampamvu yo kuhitira kubyara kuko akiri muto

Hailey bieber umugore wa Justin bieber yatangajeko ntakirikumwihutisha kubyara kuko akiri muto ku myaka 25,avugako bazagerageza mu myaka irimbere

Feb 1, 2022 - 21:43
 0
Hailey Bieber yavuzeko ntampamvu yo kuhitira kubyara kuko akiri muto

mu cyumweru cyashize nibwo uyu munyamiderikazi akaba n'umugore wa justin bierber yabwiraga abamukurikirana kumbugankoranyambaga kubijyanye nukuntu yita kuruhu rwe avugako aza bigaragaza muri uyu mwaka. ubo Hailey bieber yavugaga kuri ubu buryo akoresha ndetse azanamurikira abakunzi be yanavuze kurugo rwe na justin bierber akaba arinaho yanatangarije ko ntacyamwihutisha kubyara ati " ndacyari muto rwose". yakomeje avugako babiteganya mumyaka irimbere ko aribwo bazatangira kugerageza kubyara.

ati " haribintu biba kubagore iyo bamaze gushyingirwa buri wese ahita amutekerereza ko agiye murukundo, urushako ndetse no kubyara, ibyo nibyiza ariko se buzinesi yanjye nayitaho ryari, nange numvaga nzahita mbyara ariko ubwo nuzuzaga imyaka 25 nahise mbonako nkiri muto kandi mfite ibyo ngomba kubanza kwitaho"

urukundo rwaba bombi rwatangiye kumenyekana muri 2018 arinabwo justin bieber yasabaga Hailey bieber kumubera umufasha wibihe byose kuya 7 Nyakanga 2018, ndetse bashyingiranwa mumwaka wa 2019 kuya 30 Nzeri. ibi byanatunguye benshi kuko ntagihe kinini cyari gishize  urukundo rwabo rumenyekanye.

Uwineza Assila Study in university of Rwanda, Huye campus in journalism and communication. I am journalist and writer.