Ronaldo na Maguire Baje imbere Mubibasiwe cyane kuri Twitter

Raporo nshya yagaragaje ko Cristiano Ronaldo wa Manchester United na Harry Maguire Aribo baza imbere muba merewe nabi cyane kuri Twitter Mu bakinnyi bose ba Premier League

Aug 3, 2022 - 22:19
Aug 4, 2022 - 14:47
 0
Ronaldo na Maguire Baje imbere Mubibasiwe cyane kuri Twitter

Isesengura rya Ofcom kuri miliyoni 2.3 tweet mugice cya mbere cya season ishize ryabonye post zigera ku 60.000, zituka zika nasebya A bakinnyi 10 bakomeye.

Kimwe cya kabiri cyiryo hohoterwa ryakorewe abantu 12 gusa - umunani baturutse muri Man United.
Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cya Alan Turing bwagaragaje ko umubare munini w'abafana bakoresha imbuga nkoranyambaga akaba ari naho banyuza iri hohoterwa.
Umuyobozi w'itsinda rya Ofcom, Kevin Bakhurst, yagize ati: "Ibyavuye mu bushakashatsi byatanze Isura mbi kuri siporo."
Ati: “Guhohotera kuri interineti ntibyakabaye bivugwa muri siporo, ndetse no muri sosiyete yagutse,Kandi kubikemura bisaba imbaraga z'ikipe.” 

Ronaldo na Maguire Mubibasiwe cyane
 Iyi raporo yagaragaje ko babiri aribo bari kwisonga muguhohotera cyagwa kwibasirwa  
 Iya mbere yaje ku munsi Ronaldo yongeye kwerekeza muri Manchester United ku ya 27 Kanama 2021, Itanga tweet inshuro eshatu kurusha iyindi minsi yose (188.769), murizo 3,961 yaratutswe . nukuvugako tweet 90% zavugakuri christiano gusa 97% zari tweet mbi.
Indi yazamutse ya kabiri yaje ku ya 7 Ugushyingo ubwo myugariro Maguire yanditse kuri Twitter asaba imbabazi nyuma yo gutsindwa mu rugo aho Manchester United yatsinzwe 2-0 na Man City.
Kuri uwo munsi, yohererejwe tweets 2,903 ni 10,6%,  buwomunsi aho benshi bamusubije bakoresheje imvugo itukana cyangwa itesha agaciro.
Raporo yasanze kandi tweet yigana nukuvuga Abakoresheje interuro imwe -  Maguire yazohererejwe  inshuro 69 n’aho abandi bakoresha interuro namagambo atandukanye.
Ubushakashatsi Bwibaza niba bidashoboka ko uku kwigana kwabayeho kubera ko abakoresha urururbuga babonye ubutumwa bubi bagahitamo kubwigana – byerekanagushyira hamwe  aho kuba imyitwarire ihuriweho".
Icyakora, ikigo cya Alan Turing Institute kivuga ko kizakomeza gukora iperereza kuri iki kibazo.

Gusa harabandi bakinnyi bakorewe ihohoterwa kurwego rwohejuru nyuma yabo babiri nubwo bakiriye tweet nkeya muri rusange.

Myugariro wa Newcastle, Ciaran Clark, ubu watijwe muri Sheffield United, aho yakiriye78% bya tweet mbi.
Hagati aho, James McArthur wa Crystal Palace na we yibasiwe n’ihohoterwa nyuma yo guhabwa ikarita y’umuhondo kubera gukandagira Bukayo Saka wa Arsenal mu Kwakira.
Abashakashatsi kandi bazareba niba myugariro wa West Ham Kurt Zouma ataribasiwe cyane nyuma yuko atera imigeri kandi akubita inshyi injangwe, gusa Byabaye nyuma yo gukusanya amakuru.