Umunyamakuru Peacemaker yahawe amasezerano ashyushye

Umunyamakuru wa Igihe Peacemaker 'Pundit' yasinyanye amasezerano na kompanyi ya "Empire of Technology Ltd" kugira ngo ajye abamamariza.

Jan 10, 2024 - 16:26
Jan 11, 2024 - 19:32
 0
Umunyamakuru Peacemaker yahawe amasezerano ashyushye

Umunyamakuru w'imyidagaduro mu Rwanda akaba n'umusesenguzi MBARUBUKEYE Etienne uzwi ku mazina ya Peacemaker cyangwa se Pundit, yagiranye amasezerano na kompanyi ya "Empire of Technology Ltd" kugira ngo ajye abamamariza. 

Uyu munyamakuru wa Igihe usanzwe ari n'umuvanzi w'imiziki, akaba yatangarije thefacts.rw ko iyi kompanyi basinyanye amasezerano, isanzwe itanga serivisi zitandukanye.

Izo serivisi zirimo: gufasha abantu kubona VISA, Scholarship opportunity,  Visa assistance, training services, Educational counselling ndetse na Airline Tickest. Ushobora kuba wabahamagara kuri +250788262825 cyangwa kuri Email:info@etl.rw

Peacemaker na CEO wa Empire of Technology Ltd Niyonkuru Dieudonne

Umuyobozi wa Empire of Technology Ltd Niyonkuru Dieudonne, akaba yatangaje ko izi serivise bamaze imyaka itanu yose bazitanga, kandi ngo ni ntamakemwa.

Empire of Technology Ltd, bakaba bakorera mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Muhima ku muhanda, munsi ya BTN. 

Peacemaker yahawe amasezerano ashyushye 

Abakozi ba Empire Technology Ltd 

Empire of Technology Ltd ifasha abantu gushaka VISA